Kubura k’ubwato bujya hasi mu nyanja bwitwa Titan bwari bugiye gutemberera ibisigazwa bya Titanic kwateye kwibaza ibibazo ku byago biba biri mu bushakashatsi nk’ubwo hasi kure mu nyanja. Igihe kimwe ...
Mouhamed Oualy, umuhinzi wo muri Senegal, ntabwo aragera mu nyanja, ariko agiye kujya mu rugendo ruteye ubwoba mu nyanja – urugendo rwahinduye inyanja ya Atlantika irimbi rusange. Ati: “Abasare ...